Skip to main content

Green Mall to Be Developed at Former Justice Ministry Premises

 

Duval Great Lakes Ltd, a subsidiary company of a French company "Groupe Duval" is going to construct a multibillion environmental-friendly complex at a building that used to house the ministry of justice near Kigali Convention Centre, The New Times has learnt.

Vicky Murabukirwa, the Managing Director of Duval Great Lakes Ltd told this publication that construction activities could start by the end of 2020 once businesses operating in the buildings have relocated.

Igishushanyo mbonera gishya kigenga ikoreshwa ry’ubutaka n’imiturire kizarangira mu 2020

Igishushanyo mbonera gishya kigenga ikoreshwa ry’ubutaka n’imiturire kizarangira mu 2020

Igishushanyo mbonera gishya kigenga ikoreshwa ry’ubutaka n’imiturire mu Rwanda biteganyijwe ko gikomeje kuvugururwa aho byitezwe ko muri Werurwe 2020 kizaba cyarangiye, kigasubiza ibibazo bikunze kugaragara by’imiturire y’akajagari hirya no hino mu gihugu.

Igishushanyo mbonera gisanzwe kigenderwaho ni icyo mu 2011 ariko mu Ugushyingo 2018 cyatangiye kuvugururwa kikazarangira muri Werurwe 2020.

East African Real Estate Investors Discover the Working Class

East African Real Estate Investors Discover the Working Class

The last 20 years of real estate boom in East Africa has changed our building landscape and inventory, as it quite rightly should have done.

Our starting point was a region that was short of every kind of building, from housing, to shops, through offices, warehouses, hotels, and even student hostels. In all, we faced a real estate landscape that was cripplingly underinvested. And we invested.

RSSB igiye kubaka inzu 7000 i Gasogi zizagurishwa guhera kuri miliyoni 10 Frw

RSSB igiye kubaka inzu 7000 i Gasogi zizagurishwa guhera kuri miliyoni 10 Frw

Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), cyatangaje ko muri gahunda yo gufasha Abanyarwanda bafite ubushobozi buke, kigiye kubaka inzu ibihumbi birindwi i Gasogi mu Karere ka Gasabo zifite agaciro kari hagati ya miliyoni 10 na 20 Frw.

Umuyobozi Mukuru wa RSSB, Richard Tusabe, yagaragaje ko igihe kigeze ngo abantu bafite ubushobozi buke batekerezweho kuko buri Munyarwanda agomba gufashwa kimwe n’undi.

Iyi gahunda yo kubaka aya macumbi izatangira muri Kamena 2019.

Ultimate Developers Ltd slashes apartments cost by 60% for non-civil servants

Ultimate Developers Ltd slashes apartments cost by 60% for non-civil servants

Ultimate Developers Ltd (UDL), the largest real estate developer in Rwanda has extended 60% discount for Vision City apartments to non-civil servants that wish to purchase housing units.

Ultimate Developers Ltd manages Vision City apartments on behalf of Rwanda Social Security Board (RSSB).

Local and international developers turn to Rwanda’s affordable housing projects

Local and international developers turn to Rwanda’s affordable housing projects

Rwanda housing sector is filled with activity aimed at providing affordable homes to its citizens and offering opportunities for local and international developers. An increasing number of developers are embracing the affordable housing prospects set at play by the government of Rwanda.

LT Global Ltd yashyize igorora abashaka gutura mu nzu zabo bwite ku mafaranga make

LT Global Ltd yashyize igorora abashaka gutura mu nzu zabo bwite ku mafaranga make

Abanyarwanda bashaka gutunga inzu zabo bwite bashyizwe igorora n’ikigo LT Global Ltd, cyabujurije inzu nziza ziciriritse zo guturamo bashobora kugura ku mafaranga make cyane.

Izi nzu zuzuye mu Mudugudu wa Kibiraro I, Akagari ka Nyarutarama mu Murenge wa Remera, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali.

Former high-risk zone dwellers benefit from Rwf1bn model village

Former high-risk zone dwellers benefit from Rwf1bn model village

Residents of Kicukiro District celebrated National Heroes’ Day by launching Urumuri IDP Model village that will accommodate former high-risk zone dwellers.

The village, constructed at the cost of Rwf1 billion in Masaka Sector, will also accommodate some historically marginalised people and disabled ex-combatants.

Musanze: Bamaze umwaka bategereje inka nyuma yo kubakirwa ibiraro na Biogaz

Musanze: Bamaze umwaka bategereje inka nyuma yo kubakirwa ibiraro na Biogaz

Imiryango itishoboye igera kuri 38 yatujwe mu mudugudu w’icyitegererezo wa Gatovu, mu Murenge wa Gataraga, mu Karere ka Musanze, bamaze umwaka ibiraro bubakiwe nta nka zirimo na Biyogaz zabo zidakora kuko babuze amase yo kuzishyiramo.

Abagize iyi miryango batujwe muri uyu mudugudu mu 2017, berekwa ibiraro bazashyirirwamo inka na biyogaz bazajya bifashisha bategura amafunguro.

Bijejwe kugezwaho inka mu bihe bya vuba ariko hashize umwaka urenga batarazihabwa.

Noncompliance to construction rules undermining infrastructure devt

Noncompliance to construction rules undermining infrastructure devt

Property developers have been faulted for persistent non-compliance with regulations, which threatens to undermine infrastructure development and workers’ welfare.

The concern was raised by housing experts on Thursday last week during an inspection of construction works on public projects in the city of Kigali.

The inspection is being carried out by engineers from the Institute of Engineers in Rwanda (IER) under the assignment of the Government.

Rusizi : Inzu zabuze abazikodesha cyangwa abazigura none zigiye guhabwa abatishoboye

Rusizi : Inzu zabuze abazikodesha cyangwa abazigura none zigiye guhabwa abatishoboye

Abaturage bo mu Murenge wa Gihundwe mu Kagari ka Kamurera mu Karere ka Rusizi baribaza amaherezo y’inzu zahubatswe n’Akarere ariko imyaka ikaba ikomeje kuba myinshi nta cyo zikorerwamo.

Ni inzu 2 zubatse mu buryo bwa ‘four in one’ aho inzu enye ziba zubatse muri imwe, bivuze ko zose hamwe ari umunani, zikaba zishobora guturwamo n’imiryango 8.

Wari uzi ko miliyoni 3RWf zaguhesha inzu yo kubamo?

Wari uzi ko miliyoni 3RWf zaguhesha inzu yo kubamo?

Uruganda rwitwa Strawtech rutangaza ko rugiye gukemura ikibazo cy’abantu baburaga inzu zo kubamo kuko rwatangiye kubaka inzu nto ziciriritse zimukanwa.

Uru ruganda rutangaza ko ababyifuza bubakirwa izo nzu zimukanwa mu gihe kitarenze amasaha ane bakishyura guhera ku mafaranga 3,187,500RWf.

Uru ruganda rwa Strawtech rusanzwe rukora ibikoresho by’ubwubatsi nk’amatafari mu bisigazwa by’umuceri bahuye no mu bisigazwa by’ingano.

Riverside City Estate igeze kure yubakira Abanyarwanda inzu zihendutse i Gahanga

Riverside City Estate igeze kure yubakira Abanyarwanda inzu zihendutse i Gahanga

Sosiyete yubaka ikanagurisha inzu zo guturamo, Riverside City Estate igeze kure umushinga wo kubaka inzu ijana zihendutse mu murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro.

Iyi sosiyete ifite ibibanza mu Kagali ka Kagasa muri Gahanga, hafi ya Stade ya Cricket n’ahazubakwa Stade Mpuzamahanga y’imikino muri ako gace.

Kimironko has most expensive land-report

Kimironko has most expensive land-report

If you are to buy land in Rwanda today, you are likely to spend the most in Kimironko sector compared to other places.

According to the latest land reference prices published last November by the Institute of Real Property Valuers in Rwanda (IRPV), Rwf 169, 676 per square metre was the maximum reference price or the highest price for land parcels sold in Kimironko during the year 2015-2017.

Rwanda on course to have fully operational secondary cities

Rwanda on course to have fully operational secondary cities

At the conclusion of the 15th National Leadership Retreat earlier this year, a total of 13 resolutions were reached and recommended for immediate action through the respective implementing agencies.

Resolution seven specifically recommended for the rapid development and expansion of secondary cities.

Register to our free property alert


 


 

 

 

Buy this Townhouse for Sale in Rusororo